• +250787263915 / +250788305148
  • contact@ajecl.org.rw
  • Magerage, Nyarugenge, Kigali, Rwanda

AJECL yizihije umunsi mpuzamahanga w’amahoro 2023.

AJECL yizihije umunsi mpuzamahanga w’amahoro 2023.

Ku italiki ya 23/09/2023, Umuryango Association des Jeunes de Saint Charles Lwanga (AJECL) wizihije umunsi mpuzamahanga w’amahoro. Uyu munsi ubusanzwe wizihizwa ku itariki 21/09 buri mwaka, ariko kuruhande rwa AJECL wizihijwe kuri uyu wa 23/09/2023, ukaba wabereye kucyicaro cya AJECL “ Ku Gicumbi cy’amahoro” , akaba ari kunshuro ya 7 AJECL yizihije uyu munsi mukuru, aho kuri iyi nshuro uyu…

INTERNATIONAL DAY OF PEACE 2023

Every year, the International Day of Peace is celebrated around the world on September 21. The United Nations General Assembly has declared the day dedicated to strengthening the ideals of peace, observing 24 hours of non-violence and ceasefire. Never has our world needed peace so much. Since 2017, AJECL has been celebrating this Day to unite with the whole world…

UMUNSI WA KABIRI W’AMARUSHANWA YA GWIZAMAHORO CUP-2023 MURI PAROISSE YA RUHUHA,

Kuri uyu wa 25 Kamena 2023, irushanwa rya Gwizamahoro cup ryakomeje hakinwa imikino ikurikira: Imikino ikurikira yasubitswe: Umukino wari guhuza ikipe y’abakobwa ya Ngenda ( Nyarugenge) n’ikipe y’abakobwa ya Nziranziza ( Shyara), Umukino wari guhuza ikipe y’abahungu ya Ngenda ( Nyarugenge) n’ikipe y’abahungu ya Nziranziza ( Shyara) Nyuma y’umukino wo kwishyura wo kuri iyi taliki ya 25 Kamena 2023, ikipe…

UMUNSI WA MBERE W’AMARUSHANWA YA GWIZAMAHORO CUP 2023, MURI PAROISSE YA RUHUHA,

UMUNSI WA MBERE W’AMARUSHANWA YA GWIZAMAHORO CUP 2023, MURI PAROISSE YA RUHUHA,

Kuri uyu wa 18 Kamena 2023, AJECL ifatanyije na Paroisse ya Ruhuha batangije kumugaragaro amarushanwa ya GWIZAMAHORO CUP 2023. GWIZAMAHORO CUP ni irushanwa ngarukamwaka, ryateguwe na AJECL ifatanyije na Paruwasi gatorika ya Ruhuha muri Gahunda ya GWIZAMAHORO PROGRAM 2100, rikaba rifite Intego yo gushishikariza urubyiruko kubana neza binyuze mu nsanganyamatsiko yaryo igira iti “ Imfura z’ikinyejana cya21: Tubyirukiye “Gukina no…

Bugesera: Abafashamyumvire ba gahunda ya GWIZAMAHORO Programme biyibukije uko batangamo inyigisho z’umuco w’Amahoro.

Bugesera: Abafashamyumvire ba gahunda ya GWIZAMAHORO Programme biyibukije uko batangamo inyigisho z’umuco w’Amahoro.

Abarimu 27 baturutse mu bigo by’amashuli 16 bibarizwamo GWIZA AMAHORO CLUB mu karere ka Bugesera, bahuriye mu mahugurwa y’umunsi umwe kuri Paruwasi ya Ruhuha, biyibutsa uburyo bwo gutangamo inyigisho z’umuco w’amahoro. Ni amahugurwa yateguwe n’umuryango Association des Jeunnes de Saint Charles Lwanga(AJECL), muri gahunda yawo yo kwimakaza umuco w’Amahoro, aho kuri uyu wa kabiri tariki 25 Mata 2023 aba barezi…

Rulindo: AJECL is going to give 12 million RWF grant to youths to create jobs asking them not to think of it is a waste

Rulindo: AJECL is going to give 12 million RWF grant to youths to create jobs asking them not to think of it is a waste

Peace Movement organization AJECL (Association des Jeunnes de saint Charles Lwanga), had five days of training youths from four sectors in Rulindo district about entrepreneurship, and asks them to take care about the support it will give them. The AJECL organization, which started in 2004, aims to build a culture of peace, where it has GWIZAMAHORO 2100 program, which continues…

Gakenke: AJECL Irasaba Urubyiruko Kudashakira Ubukire Mu Dutsiko Tw’ababuza Abandi Amahoro.

Gakenke: AJECL Irasaba Urubyiruko Kudashakira Ubukire Mu Dutsiko Tw’ababuza Abandi Amahoro.

Umuryango uharanira amahoro AJECL (Association des Jeunne de Saint Charles Lwanga), mu gikorwa cyawo cyo guteza imbere urubyiruko urwigisha kwihangira imirimo no kurufasha kubona igishoro, ufatanije n’akarere ka Gakenke, barasaba urubyiruko gukorera amafaranga anyuze mu nzira nziza, zitari zo kujya mu dutsiko nk’ABAMENI, ABUZUKURU BA SHITANI N’utundi.   Muri iki cyumweru dusoje ni bwo abagera kuri 18 bo mu karere…

AJECL Yahuguye Urubyiruko Ku Bijyanye No Kwihangira Imirimo.

AJECL Yahuguye Urubyiruko Ku Bijyanye No Kwihangira Imirimo.

Umuryango AJECL (Association des Jeunnes de Saint Charles Lwanga), wahuguye urubyiruko rwo mu mirenge ine yo mu Karere ka Rulindo, ku bijyanye no kwihangira imirimo bifashishije amatsinda yo kwizigama no kugurizanya. Umuryango AJECL, watangiye mu mwaka wa 2004, ukaba ugamije kubaka umuco w’Amahoro, aho unafite gahunda ya GWIZAMAHORO 2100 ukomeje gusakaza mu baturage hirya no hino mu Rwanda binyuze mu…

AMAKIPE YAHIZE ANDI MU IRUSHANWA RYA “GWIZA AMAHORO CUP 2022” Mu Karere Ka Bugesera Yashyikirijwe Ibihembo Kuri Uyu Wa 17/08/2022.

AMAKIPE YAHIZE ANDI MU IRUSHANWA RYA “GWIZA AMAHORO CUP 2022” Mu Karere Ka Bugesera Yashyikirijwe Ibihembo Kuri Uyu Wa 17/08/2022.

GWIZAMAHORO CUP2022 ni: irushanwa ryateguwe na AJECL ifatanyije na Paruwasi gatorika ya Ruhuha muri Gahunda. ya GWIZA AMAHORO PROGRAM 2100, rikaba ryari rifite Intego yo gushishikariza urubyiruko kubana neza binyuze mu nsanganyamatsiko yaryo igira iti “ Imfura z’ikinyejana cya makumyabiri na rimwe : Tubyirukiye “Gukina no Kubana ntitubyirukiye Guhangana no Kurwana”. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa 17/08/2022, wabimburiwe n’igitambo…

×